Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Ambasaderi Maj Gen Ramson Godwin Mwaisaka, uri gusoza inshingano ze zo ...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yagaragaje ko umusaruro w’inganda n’ibyoherezwa mu mahanga muri 2024 -2029 uzazamuka ...
Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu wa Afurika y’Amajyepfo ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, zemerewe ...
Umuyobozi ushinzwe ishyirwa mu bikorwa ry'Imishinga mu Kigo gishizwe guteza imbere Ubwikorezi mu Rwanda, RTDA, Gihoza Mivugo ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ni bwo inkuru y’incamugongo yasakaye hose ko Mukuralinda Alain wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi bwo guhagarara ...
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y'imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora, amahugurwa y'abakozi, ubushakashatsi n'ibindi. Aya ...
Umunyamabanga Mukuru w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, Col Pacifique Kayigamba Kabanda, yavuze ko mu nshingano aherutse kurahirira azakomereza ku musingi washyizweho w’ubufatanye n’izindi ...
Bamwe mu barimu n'abayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze, batangaje ko babangamiwe n'ubucucike bugaragara mu byumba by'amashuri, bavuga ko bikoma mu nkokora ...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakiriye indahiro y’Umunyamabanga Mukuru mushya w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Colonel Pacifique Kayigamba Kabanda. Col Kabanda aherutse guhabwa izi ...
Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, ari kubarizwa muri Brazil aho ari kugirira uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ine ku butumire bwa mugenzi we, Jose Mucio Monteiro Filho. Ni amakuru yatangajwe na ...
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yavuze ko nta mwanya w'intege nke n'imyitwarire idahwitse mu nshingano bityo ko ari ngombwa ko abazigiyemo bakwiye kumva ko umuturage akwiye kubaho yizeye ...