Ibi yabivuze ubwo hatangazwaga imibare ijyanye n’uko umusaruro mbumbe w'umwaka wa 2024 wari uhagaze. Murangwa Yusuf ari kumwe ...
Perezida Kagame yemereye Ubwenegihugu bw'u Rwanda, umuhanga mu kuvanga imiziki, Iradukunda Grace Divine uzwi ku izina rya Dj Ira. Kuri iki Cyumweru, ubwo yari mu basaga 8000 bitabiriye gahunda yo ...
Abagororwa 114, bari mu Igororero rya Nyamasheke, bahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bitegura kurangiza ibihano byabo mu mezi atatu ari imbere bahawe inyigisho z’ubumwe ...
U Rwanda rukomeje kwitegura isuzuma mpuzamahanga ryitwa PISA [Programme for International Student Assessment] rizaba muri uyu mwaka, aharebwa uko uburezi bwarwo buhagaze ubugereranyije n'ahandi ku Isi ...
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma w’u Rwanda, Alain Mukurarinda, yatangaje ko icyemezo u Rwanda rwafashe cyo gucana umubano n’u Bubiligi kitahubukiwe ndetse cyatekerejweho kandi hagiye habaho ...
Mu Rwanda hagiye gushyirwaho ikigega cyihariye cy’ibigo by’imari iciriritse kigamije gukemura ikibazo cy’ikiguzi gihanitse cy’inyungu ku nguzanyo. Ni ikigega gitegerejwe kujyaho bitarenze impera z’uyu ...
Perezida Kagame yavuze ko abantu bose bafite ‘uburenganzira bwa muntu’ bityo nta muntu cyangwa Igihugu gifite ububasha bwo kugena abagomba kubaho no kutabaho. Umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri iki ...
Madamu Jeannette Kagame yashimiye Abanyarwandakazi badahwemwa kugaragaza ubudaheranwa, ubupfura no kwihesha agaciro, abasaba gukomera k'ubumwe no kuba ba mutima w'urugo. Ibi Madamu Jeannette Kagame ...
Abahinzi b’ibitunguru bo mu Karere ka Burera, barataka igihombo batewe no kuba barabuze isoko ry'umusaruro wabo. Ni ibitunguru byeze ku bwinshi, aho ubu ikiro cyabyo kirimo kugurwa amafaranga 150 Frw.
Perezida Paul Kagame yihanangirije u Bubiligi bukomeje guhuruza amahanga ngo afatire u Rwanda ibihano, bukaba bwaragaragaje ko bwifatanyije na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo mu mugambi ...
Minisitiri w'Ubutabera, Dr. Ugirashebuja Emmanuel asanga kwigira kw'Abanyafurika ari byo bikwiriye kuba ishingiro ry'imiyoborere inoze, aho gutegera amaboko ibihugu by'amahanga. Ibi yabivugiye i ...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yasabye urubyiruko kwihatira kwiga amateka y’u Rwanda kugira ngo ruyavomemo iby’ingenzi byarufasha kubaka u ...